Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza ni ...
George Safari ni umuturage wo mu Karere ka Nyagatare umaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga mu mashusho yafashe mu ijosi umwe mu ba DASSO. Mu rukiko yaraye avuze ko yabikoze yirwanaho kuko uriya mu DASSO...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB. Cyagarutse ku bujura bwakorewe mu Karere ka Rusizi bugahitana abantu. Umuvugizi w’uru Rwego Dr Thierry B. Murangi...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Mutarama, 2021, Urwego rw’ubugenzacyaha rwafunze Umuyobozi w’ ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro rumukekaho ubwinjiracyaha(kugerageza) mu gukoresha undi...
Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni avuga ko kuba muri iki gihe imibare y’abahohoterwa yiyongera bidashingiye cyane k’ukuba abagore n’abakobwa bahohoterwa cyane ahubwo bishingiye k’u...




