Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Umunyamakuru witwa Roman Protasevich ufite imyaka 26 y’amavuko yafatiwe ku mu murwa mukuru w’igihugu akomokamo cya Belarus witwa Minsk, ubwo yari ari mu ndege yavaga Athens mu Bugereki igiye mu Murwa ...
*Uwamusimbuye yakoraga Kuri Radio na Televiziyo by’Igihugu, *Minisitiri wagurishije iriya ndege yahawe avance ya $ 50 000, *Yari afatanyije n’Umuyobozi wa Air Burundi… Kuri uyu wa Gatanu tariki 21, Gi...
Ifoto imaze gushyirwa kuri Twitter na Perezida wa Uganda Yoweli Museveni irerekana Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye asohoka mu ndege isanzwe itwara Museveni. Amagambo yanditse munsi y’iyo ...
Tariki 6 Mata 1994 – 6 Mata 2021, imyaka 27 iruzuye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’...
Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bahanga bakomeye mu itangazamakuru no kuryigisha mu Rwanda. Aherutse gusohora itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko yashinze ishyaka rya Politiki, yise Rwandese Pl...
Ibigo by’indege muri Africa byari bisanzwe bihagaze neza ndetse mu myaka 20 ishize byakoze neza kurushaho. Ikigo cy’Africa y’Epfo kitwa South African Airlines nicyo cyari imbere y’ibindi ariko ubu cya...
Guhera mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Abanyarwanda batangiye gukingirwa. Abakingiwe bari mu ngeri zitandukanye kuko ku ikubitiro habanje abakora mu nzego z’ubuzima, abarimu, abakuze n’abandi. Hari...
Indege nini itwara abagenzi yaguye mu Nyanja itaramara igihe kinini ihagurutse ku kibuga cy’indege kiri i Jakarta muri Indonesia. Ni indege nini y’Ikigo kitwa Sriwijaya Air ikaba yari itwaye abantu ba...








