Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, Rwandair yakiriye indege ya karindwi mu ndege nini zikorera ingendo hirya no hino ku isi. Iki kigo kiri gukora uko gishoboye ngo gikorere ingendo...
Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri Niger. Jeune ...
Mu gihe ibihugu bigize ECOWAS bivuga ko isaha iyo ari yo yose bishobora gutera Niger, ibihugu bituranye kandi biyishyigikiye ari byo Burkina Faso na Mali byayoherereje indege z’intambara ku mipaka ibi...
Indege 42 z’intambara z’Ubushinwa hamwe n’ubwato 26 bw’intambara byegereye Taiwan mu rwego rwo kuyereka ko ibyo iri gukorana n’Amerika bizayikoraho. Ni ibikorwa bya gisirikare bikozwe nyuma y’uko Visi...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza. Ni imyitozo ikomatanyije yahuj...
Abanyarwanda n’inshuti zabo baba mu Bufaransa bazindukiye ku kibuga Charles de Gaulle kwakira indege ya Rwandair yari ihageze bwa mbere. Umwe mu baje kuyakira n’ Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibi...
Sosiyete y’indege z’u Rwanda zitwara abantu n’ibintu, Rwandair, kuri uyu wa Mbere yatangiye kujya mu Bufaransa mu Murwa mukuru Paris. Ni urugendo izajya ikora ntaho ihagaze. Izajya ijyayo gatatu mu Cy...
Ubuyobozi bw’ingabo z’Amerika bwahaye uburenganzira indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-22 ngo zigurukire mu kirere gituranye n’Uburusiya mu rwego rwo kububuza gukomeza kukivogera. Umuyobozi mukuru m...
Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Tai...
Umunyarwandakazi Yvonne Makolo usanzwe uyobora Ikigo cy’u Rwanda cy’ubwikorezi bw’indege, Rwandair, yagizwe umuyobozi w’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo bitwara abagenzi mu ndege. Iryo huriro ryitwa Inte...









