Abagabo babiri u Rwanda rwasubije u Burundi bafatiwe ku butaka bwarwo nyuma yo gukorera ibyaha mu Burundi. Twahamagaye ubuvugizi bw’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ngo butubwire ibyo byaha bakuriki...
Mu kiganiro yaraye ahaye ABC News, Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko abantu baherutse guhanuka mu ndege y’ingabo z’Amerika bashaka ko ibajyana muri Amerika batahanutse ku wa Mbere tariki 16, Kana...
Ingabo za Repubulika ya Demukarasi yatangaje ku Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021 yirukanye uruhenu abarwanyi ba Col Makanika wahoze mu ngabo za kiriya gihugu akaza kuzivanamo akaba inyeshyamba. Uyu m...
Umwe mu basirikare bakuru ba Uganda uri mu kiruhuko cy’izabukuru Lt Gen (rtd) Ivan Koreta aherutse guhurira na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi i Pemba amugezaho icyifuzo cya Perezida Museveni ko i...
Banki y’Isi yatangije umushinga wo kubaka inganda mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique iherutse kubohorwa n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique. Uyu mushinga wiswe ‘Industrialize Mozam...
Hari video iherutse gutangazwa n’abashyigikiye umutwe wiyita ‘Leta ya Kiyisilamu’ (Islamic State) yamagana u Rwanda nyuma y’uko rubohoye Umujyi wa Mocímboa da Praia wo muri Mozambique wari warabaye ik...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
UBUHAMYA: Kugira Ipeti rya Colonel ni ukugira inshingano zikomeye mu gisirikare. Ba Colonels nibo ‘mu by’ukuri’ bayobora ingabo. Umusirikare wo mu ngabo z’Amerika witwa Kevin Benson avuga kugira ngo u...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo za Botswana ryasohotse kuri uyu wa Gatatu rivuga ko hari umusirikare wa kiriya gihugu wapfiriye muri Mozambique. Ingabo z’iki gihugu ziri muri Mozambique mu rwego rwo ...









