Nyuma yo gushyira umukono ku nyandiko ikubiyemo amasezerano y’amahoro hagati ya Kigali na Kinshasa, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yabwiye Perezida wa Amerika ko u Rwanda rwishimiye ubuhuza iki gihug...
Ayatollah Ali Khamenei yacishije ubutumwa kuri X avuga ko akiriho, aboneraho kuvuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa ku nganda za Iran nta kintu byagezeho. Yavuze ko igihugu cye ari cyo cyakuye ints...
Uyu mukambwe uri mu bubahwa cyane muri Afurika kubera uburyo bwo kunga abayituye, nyuma yo guhura na Paul Kagame, yahuye na mugenzi we wa DRC Félix Tshisekedi. Asanzwe ari umwe mu bahuza bashyizweho n...
Iki kibazo kiri mu biri kwibazwa n’aba bantu benshi bo muri Iran. Hashize icyumweru atagaragaraga mu ruhame, kandie biba mu gihe kibi kuko igihugu cye cyari mu ntambara na Israel ndetse iki gihu...
Iran yatangaje ko atari yo yishe ibyari byameranyijwe mu guhagarika intambara yayo na Israel, ikabivuga mu gihe Israel yo yiyemeje guhata Iran ibisasu biremereye. Abanyamakuru bari aho iyo ntambara ir...
Leta zunze ubumwe z’Amerika, zimaze kubyumvikanaho na Israel, zatangaje ko hagiyeho amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Israel na Iran nyuma y’uko ibihugu byombi bifatanyije gusenya inganda ...
Ikigo Nyarwanda gitwara abantu mu ndege Rwandair cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ingendo zijya muri Qatar no muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Byatewe no kwirinda ko intambara iri ...
Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu. Yaboneyeho gusaba Iran kwemer...
Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...









