Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS) ryeretse abanyamakuru abagabo babiri barimo umwe ishinja gukwiza ibihuha bivuga ko yazamuye amande ava ku Frw 10, 000 aba Frw 150,000....
Huawei Rwanda( ishami ry’Ikigo Huawei cyo mu Bushinwa mu Mujyi wa Shenzhen) yatangije ihatana rya gihanga mu banyeshuri 10,000 bazi ikoranabuhanga muri Kaminuza zo mu Rwanda kugira ngo abazatsinda baz...
Imibare iherutse gutangazwa n’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ivuga ko mu mpanuka 12 zahitanye ubuzima bw’abantu zabaye kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru (kizarangira T...
Amakuru dukesha ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda avuga ko abantu 23bari bari muri coaster ari bo bakomerekeye mu mpanuka ikomeye yabereye i Rubavu. Umunani muri bo nibo bakomeretse ...
Mu Karere ka Rubavu hafi ya Hotel yitwa Kivu Peace Hotel habereye impanuka ikomeye. Abantu batatu mu bari muri coaster nibo twamenye ko bahasize ubuzima ariko haracyakora ubutabazi. Icyakora amafoto a...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 17, Kamena, 2022 ikamyo ya Bralirwa yakoreye impanuka mu muhanda uhuza Kigali n’Umujyi wa Musanze, igusha urubavu ifunga umuhanda. Yari igiye i Rubavu kurangur...
Ibikorwa byo gukura ibitaka byamanuwe n’inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Ngororero- Nyabihu birakomeje. Icyakora abakozi bashoboye kuhakura ibitaka k’uburyo hari igihande kimwe cyawo cyabaye nyabag...






