Ibisasu bibiri byaturikiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala, abantu benshi barakomereka ku buryo hari ubwoba ko n’abapfa bashobora kuza kuba benshi. Igisasu kimwe cyaturikiye hafi y’irembo ryinjira ...
Ibinyamakuru byo muri Ethiopia n’ahandi ku isi byazindutse kuri uyu wa Gatatu byandika ko ubutegetsi bwa Ethiopia bwafunze abakozi barenga 16 b’Umuryango w’Abibumbye bakoreraga muri kiriya gihugu. Umu...
Mu gihe imiryango n’ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba arekurwa, habonetse amashusho amugaragaza ashimangira ko ibikorwa bya FLN mu Rwanda yari ab...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’ite...
Kuba Abatalibani barafashe Afghanistan ni inkuru itaramara igihe ivuzwe ku isi. Kuba barasubiye ku butegetsi bihangayikishije benshi barimo n’Abanyafurika. Impamvu ituma Abanyafurika bahangayika ni uk...
Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka – rwatangaje ko isomwa ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 ryigijwe inyuma ho ukwezi kumwe, rukazaso...
Umwe mu basirikare bakuru ba Uganda uri mu kiruhuko cy’izabukuru Lt Gen (rtd) Ivan Koreta aherutse guhurira na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi i Pemba amugezaho icyifuzo cya Perezida Museveni ko i...
Perezida Felix Tshisekedi yaraye yakiriye ingabo z’Abanyamerika zije muri Congo-Kinshasa kurwanya imitwe y’iterabwoba. Zari ziyobowe na Ambasaderi w’Amerika muri Congo-Kinshasa Bwana...
Tariki ya 25 Nyakanga 2021 nibwo umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza n’intumwa yari ayoboye batangiye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Malawi. Bucyeye bw’aho Tariki ya 26 Nyakanga yagira...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...









