Umujyi wa Kigali watangaje ko hari igice cy’umuhanda uva Masaka uhana i Kabuga gifunzwe. Gifunzwe kubera ko hari imiyoboro y’amazi iri kuhubakwa. Itangazo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ryigira r...
Abahanga muri Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo yitwa University of Technology, Tourism and Business Studies bavuga ko n’ubwo ruriya rwego rwazahajwe n’ingamba zo gukumira ubwandu bwa COVID-19, ari...
Abaturage bo mu tugari tw’Umurenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza baratakamba bavuga ko muri uriya murenge hari abashumba baboneshereza, hagira ukoma bakamukubita. Ngo iyo baregeye ubuyobozi bubirenza ...
Tariki 13, Kanama, 2021 umwe mu bakoresha Twitter yanditse atabaza Polisi n’izindi nzego, avuga ko hari umusore witwa Gad Habimana w’i Musanze waburiwe irengero. Polisi yatangaje ko hari abantu bane ...
Umunabi, guhunyiza, kwibagirwa…biri mu ngaruka zo kudasinzira neza mu ijoro. Ku byerekeye umunabi ho, twavuga ko bishobora no gutuma umukozi yandika email nabi, akandikira mugenzi we cyangwa umukoresh...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Nyuma y’inkuru y’uko hari abo mu irondo ry’umwuga mu Murenge wa Kigali Akarere ka Nyarugenge bafashwe amashusho bakubitira umuturage mu muhanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu minsi ine ishize hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19 harimo na Guma mu Karere na Guma mu Mujyi wa Kigali, abantu 35 000 bafashwe bayishe. Umuvugizi wayo C...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29/5/2021 hari abari bavuze ko ari umunsi w’amavuko w’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera. Kuri Twitter yabashi...









