Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko umugabo wateguye igitero ku kibuga cy’indege i Kabul kikagwamo abarenga 170 barimo abasirikare 13 ba Amerika, yiciwe mu gitero yagabweho hifa...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko icyo gihugu gifashwe n’umutwe wa Talib...
Hamwe mu hantu Isi ihanze amaso ni muri Afghanistan. Abatalibani baraye binjiye mu Biro by’Umukuru w’Igihugu bashing Leta ya Kisilamu yiswe Islamic state of Afghanistan. Babikoze nyuma yo gufata Umurw...
Perezida Ashraf Ghani wa Afghanistan yahunze igihugu, nyuma y’uko umutwe w’aba-Taliban wamaze gufata ibice byinshi by’igihugu, unazenguruka umurwa mukuru Kabul. Kuri iki Cyumweru muri icyo gihugu inde...
Abaarwanyi b’Abatalibani bamaze gufata ibice byinshi by’Umurwa mukuru wa Afghanistan. Bahakandagije ikirenge kuri iki Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021. Basanze ingabo za kiriya gihugu zara...




