Prof Isaie Nzeyimana wigisha Filozofiya muri Kaminuza zo mu Rwanda n’izo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika avuga ko kugira ngo ingabo zihirike ubutegetsi biterwa n’uko haba hari icyuho cyaterw...
Nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Prof John Latham uyobora Ikigo kitwa Coventry University Group gifite na Kaminuza yitwa Cove...
Ni ubwa mbere mu mateka y’ubuganga umurwayi ahawe umutima w’ingurube wahinduwe uturemangingo kugira ngo uhuzwe n’utw’umuntu. Ni umugabo wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa David Bennett ufite im...
Reka duhere kuri Kaminuza avuga ko yizeho ubwayo. Ibya Kaminuza yitwa Atlantic International University umugabo uherutse gufungwa na RIB imukurikiranyeho impapuro mpimbano zirimo impamyabumenyi ihanit...
Abasore batatu barimu babiri barangije Kaminuza n’umwe ukiyiga mu ishami ry’ubuvuzi bishyize hamwe batangiza uburyo bwo gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kumenya iby’ubuzima bw’imyororok...
Abahanga bo muri Kaminuza ya Oxford bavuga ko urukingo rwa AstraZenica bakoze rwagaragaje ko rufite ubushobozi buhagije bwo gutuma uwaruhawe agira umubiri ufite ubudahangarwa buhagije ku bwandu bushy...
Inzego zishinzwe uburezi mu Rwanda zifatanyije n’Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho, Airtel- Rwanda na Kaminuza Nyafurika yigisha imibare( Ishami ry’u Rwanda) zatangije uburyo bwo gushimira mwarimu ku...
Ubwo yari arimo atanga ikiganiro muri imwe muri Kaminuza zo mu Bwongereza Ambasaderi wa Israel mu Bwongereza Madamu Tzipi Hotovoly yasohowe n’abashinzwe kumurinda nyuma y’uko urubyiruko rw’AbanyaPales...
Abahanga muri Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo yitwa University of Technology, Tourism and Business Studies bavuga ko n’ubwo ruriya rwego rwazahajwe n’ingamba zo gukumira ubwandu bwa COVID-19, ari...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda ubu akaba ari umuyobozi muri Kaminuza mpuzamahanga yita ku buzima yitwa University of Global Health Equity yavuze ko kuba Madamu Jeannette Kag...









