Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Ku munsi wa mbere atangiye akazi ko guhagararira u Bwongereza mu Rwanda, Omar Daair yatangarije kuri Twitter ko yishimiye ikirere cy’u Rwanda kandi ko n’ubwo bitoroshye gutembera kubera Guma mu Rugo, ...
Video yaraye icicikana ku mbuga nkoranyambaga ariko twashoboye kumenya aho yafatiwe, irerekana abakora irondo ry’umwuga bakurubana umuturage hasi. Byabereye mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo ...
Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari. Hari umuturage umwe wahuye n̵...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku wa 1 Nyakanga ibiro bya Leta n’iby’abikorera mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani bizafungwa, kubera ubwiyongere bukabije bw’ubwandu bwa COVID-...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’amanywa yafashe abantu 13 bari muri Sauna n’undi umwe ufite ubwandu bwa COVID-19 wari muri resitora bifatanye. Bafatiwe mu Kar...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cyarwo gishinzwe iterambere(RDB) yasiyanye n’ikigo kizobereye mu by’ikoranabuhanga kitwa Tek Experts amasezerano arimo ingingo y’uko iki kigo cyizubaka ikigo kigi...
Abatuye ibice bimwe na bimwe by’Umujyi wa Kigali bazindutse basanga hari imihanda ifunzwe. Umunyamakuru wa Taarifa yasanze zimwe mu modoka zitwara abagenzi zabuze aho zinyura ndetse n’izari zafashe in...









