Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umunsi wa siporo rusange umaze kumenyerwa nka Car Free Day ugiye kugaruka, buri wese akazajya ayikora ku giti cye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda C...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe kuva saa kumi za mu gitondo kugeza saa yine z’ijoro, mu gihe zasozwaga saa tatu z’ijoro. Ni umwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu w...
Ku munsi wa Kabiri wa ririya rushanwa wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021 abasiganwa berekeje mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana...
Imirimo yo gutunganya agace kamenyerewe nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali ngo gahinduke Imbuga City Walk igeze kure. Hakomeje kubakwa ibikorwa remezo byateganyijwe, ku buryo aha hantu hazaba hiha...
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isi n’ibiyituye, abanyeshuri biga ibinyabuzima cyane cyane ibimera bo muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu basuye Pariki ya Nyungwe...
Urubanza rw’ubutaka bwaguzwe na Padiri Hitimana Josephat wahoze ayobora Kaminuza Gatolika ya Kabgayi rukomeje kubura gica. Yabuguze mu mafaranga ye ariko bwanditswe ku muryango utari uwa leta umaze im...
*Faysal yaramurangaranye, *Aregeye Urukiko, Rubura Umwanzuro w’Iburanisha Ryabanje Nyuma y’uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n’Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umu...
Kuri Kigali Convention Center haraye hamuritswe ahantu imodoka zikoresha amashanyarazi zizajya ziyavoma(ibyo bita gucaginga). Habaye ahantu ha kabiri zizajya zivoma amashanyarazi nyuma y’ahagenewe ing...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League (BAL) bwatangaje ko irushanwa rizahuza amakipe 12 y’intyoza muri uyu mukino muri Afurika, rizakinwa bwa mbere kuva ku wa 16-30 Gicurasi, muri Kigali Arena. BAL y...









