Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kigiye gupima icyorezo za COVID-19 mu bantu bagera ku 2000, hasuzumwa urwego kiriho mu Mujyi wa Kigali. Ni uburyo bumaze kumenyerwa, bukorwa inshuro nyi...
Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana. Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa Kigali, gusa yaje gufunga imiry...
Inzego z’ubuzima zikomeje gukingira icyorezo cya Covid-19, haherewe ku byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo. Bamwe mu bakingiwe uyu munsi ni abanyero...
Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago byo kwandura ki...
Mu nzego z’ibanze iyo abayobozi bahuye n’abaturage bagira imvugo imaze kumenyerwa igira iti; “ Umuturage ku Isonga”. Inkuru zanditswe mu myaka mike ishize zashyize bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’iban...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 37 bafatiwe makoraniro atemewe mu bihe byo kwirinda icyorezo cya COVID-19, barimo 27 bafatiwe mu nzu barimo gutegura filime n’abandi 10 bafatiwe mu rugo rw’umuturage...
Iri duka ricuruza ikawa n’ibindi binyobwa riherereye hafi y’Ikicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Ingamba zo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 zarigizeh...
Ikigo cy’u Rwanda gikora ingendo z’indege, RwandAir, cyatangaje ko kigiye kuba icya mbere muri Afurika mu gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu ngendo z’indege muri ibi bihe, rizwi nka IATA Travel Pas...
Kugeza kuri iki Cyumweru, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko abamaze kwandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda ari abantu 18.053, abamaze gupfa ni 249. Iki cyorezo cyagaragaye bwa mbere mu Bu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima RBC bwatangaje ko buri burangire gupima abatuye Umujyi wa Kigali kibasanze ku biro by’Utugari. Abafite ibimenyetso bya COVID-19 n’ibisa nabyo nibo bari b...









