Kaminuza ya Yonsei yo muri Koreya y'Epfo yambitse Perezida Kagame umwambaro w'intiti zaminuje ku rwego rwa Dogiteri nyuma yo kumuha impamyabumenyi y'ikirenga y'icyubahiro mu buyobo...
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bitabiriye inama mpuzamahanga ihuza Afurika na Koreya ko amajyambere Koreya y’Epfo yagezeho mu gihe gito ari igihamya cy’uko n’abandi batera imbere kuri urwo rwego. ...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Seoul muri Koreya y’Epfo mu Nama mpuzamahanga iki gihugu kizagirana n’ibihugu by’Afurika. Niyo nama ya mbere iki gihugu kigiye kugirana n’ibindi by’Afurika ikaba yitwa Kore...
Ambasaderi wa Koreya y’Epfo mu Rwanda Jeong Woojin avuga ko umubano w’u Rwanda na Koreya y’Epfo umaze igihe kandi ukomeje kwaguka. Yabivugiye mu muhango wo kwishimira uko umubano hagati ya Kigali na S...
Radio Mpuzamaahanga y’Abafaransa, RFI, ivuga ko amakuru ikesha itangazamakuru ryo muri Koreya ruguru, avuga ko umusirikare w’Amerika uherutse guhungirayo, yahunze ivangura yakorerwaga. Uyu musirikare ...
Jin Park ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Koreya y’Epfo ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Nyuma y’uko ahageze, yahise ajya gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bwa Kigali ruri ku ...
Minisiteri y’ingabo z’Amerika ifatanyije n’ubunyamabanga bushinzwe ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu bari kuganira n’Umuryango w’Abibumbye ngo harebwe uko ibiganiro byo gucyura umusirikare wabo uheru...
Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta ...
Cable News Network( CNN) yatangaje ko Koreya y’Epfo yatangaje ko yahanuye indege 80 za Koreya ya Ruguru. Ngo izo ndege zari ziri mu zindi nyinshi zarenze umurongo w’ikirere kigabanya ibihugu byombi. N...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo cyatsindiye kurinda inyubako zibamo ibikoresho by’Ikigo cy’Abanya Koreya y’Epfo gitanga serivisi z’itumanaho iherutse gufata abagabo bane bari bifite ibyuma byifas...









