Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangaje ko zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zafashe umujyi wa Mocímboa da Praia wo mu Ntara ya Cabo Delgado, nyuma y’imyaka isaga ibiri ari isibaniro ry’ibikorwa by’umutwe...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma, asimbuza abarimo Minisitiri w’Ingabo Nosiviwe Mapisa-Nqakula. Ni impinduka zakozwe mu gihe Afurika y’Epfo ihangany...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zashoje urugamba rugamije gufata umujyi wa Mocímboa da Praia, usobanuye byinshi ku bikorwa bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgad...
N’ubwo ingabo z’u Rwanda ziri gutsinda urugamba zihanganyemo n’abarwanyi ba Al Shabaab bari bamaze imyaka hafi ine barigaruriye Komini Eshanu zigize Intara ya Cabo Delgado, hari impungenge ko bariya b...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
U Rwanda, Botswana, Afurika y’Epfo, Zimbabwe, Angola…biri mu bihugu by’Afurika byafashe iya mbere byiyemeza kujya muri Mozambique kuyitabara. Ku ikubitiro u Rwanda rwahise rwohereza ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rufite inyungu mu kohereza abasirikare mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kubera ko rutewe inkeke n’ibikorwa by’umutwe w’i...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama, ari narwo rwa mbere azaba agiriye muri iki gihugu kuva yajya ku butegetsi muri Werurwe...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma y’iminsi mike u Rwanda rwohereje abasirikare muri Mozambique bamaze kwica abarwanyi benshi bo mu mutwe wa al-Shabaab, mu gihe umusi...
Peter Vrooman wari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda yahinduriwe igihugu agomba guhagarariramo inyungu z’igihugu cye, ubu akaba yoherejwe muri Mozambique. Vrooman yageze mu Rwanda muri Werurwe, 2018. Az...









