Mu kigo cya Mutobo kiri mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo guha impamyabumenyi y’amahugurwa yahawe abantu 735 bahoze ari abarwanyi mu mitwe irwanya Leta. Biyemeje guhindura ibitekerezo, biyeme...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi...
Abofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College -NPC) riba i Musanze bamaze iminsi ibiri mu Butaliyani mu rugendoshuri rugamije guhuza ibyo bigishirizwa i Musanze...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Akarere ka mbere kagaragaramo ibyaha birimo gusambanya abana no gukoresha ibiyobyabwenge ari Gasabo. Gasabo niko Karere konyine kari ku rutonde r...
Muri Kigali no mu Ntara hari abakunzi b’ibinyobya bya Bralirwa bijujuta ko bimwe byahenze cyane, ibindi bikabura ku isoko. Mu byahenze harimo Mutzig kuko mu tubutiki aho yaguraga Frw 1000 mu mpera z’u...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Ubwo yarangizaga amahugurwa y’abagenzacyaha yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi riri mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmuel Ugirashebuja yasabye...
Mu ruzinduko rwe rw’iminsi itatu afite mu Rwanda, Lt Gen Teo Luzi uyobora Polisi y’u Butaliyani yasuye ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda rikorera mu Karere ka Musanze, asaba abapolisi bahiga by’umwi...
Ubwo yagezaga ijambo ku bapolisi 39 baherutse kurangiza amasomo mu miyoborere Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe imiyoborere n’ubutegetsi muri Polisi y’u Rwanda DIGP Jeanne Chantal Uje...
Tariki 13, Kanama, 2021 umwe mu bakoresha Twitter yanditse atabaza Polisi n’izindi nzego, avuga ko hari umusore witwa Gad Habimana w’i Musanze waburiwe irengero. Polisi yatangaje ko hari abantu bane ...









