Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Habarurema Jephte hamwe na Habarurema Desiré bakekwaho kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa Mukamusoni Esperance, uyu akaba ari umugore wa Habarurema, bakab...
Polisi yatangaje ko nyuma yo gufatira mu Karere ka Musanze abantu 24 barenze ku mabwiriza bakajya mu birori byo gutegura umukobwa wenda gushyingirwa, bategetswe kwipimisha COVID-19 habonekamo batatu b...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Umujyi wa Musanze ni uwa Kabiri mu bunini n’ibikorwa biwukorerwamo ugereranyije n’umujyi wa Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda. I Musanze hari amajyambere utapfa kubona mu yindi mijyi itari Umujyi wa Ki...
Mu murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze huzuye Umudugudu w’Icyitegererezo ufite inzu 12 muri imwe(12In0ne). Kuri uyu wa Mbere abagenewe ziriya nzu barazihawe. Uyu mudugudu urimo ibyangombwa hafi ya ...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19. Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye. Ibitaro bya Ruhenge...
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu Karere ka Musanze, hari kubera amahugurwa agenewe abapolisi bakuru agamije gutyaza ubumenyi bwabo mu bikorwa byo gucunga umutekano ugamije amahoro aramby...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Malawi Dr. George Hadrian Kainja yasuye Ishuri rikuru rya Polisi riherereye mu Karere ka Musanze, yemeza ko bagiye kujya bohereza abapolisi kurirahuramo ubumenyi. Dr Kain...
Kuri Twitter umuturage wiyise Emma-Pacifique yanditse amagambo akomeye, avuga ko anenga Polisi y’u Rwanda kuko hari umwe mu bapolisi wamuhohoteye akamuhagarikira akazi akanamufunga. Uyu muntu yavuze k...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...









