Nyuma y’igitutu abatavuga rumwe na Leta bari bamaze iminsi bashyira ku basirikare bafashe ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Tchad babasaba ko Minisitiri w’Intebe muri Guverinoma nshya ayindurwa, hashyizw...
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye mu muhango wo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe abakozi uba buri tariki 01, Gicurasi, 2021 yavuze ko umuturage ari we nyirububasha mu gihugu k...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Tchad baherutse gupfusha Perezida wabo, Idriss Deby Itno. Uyu mugabo watangiye kuyobora Tchad muri 1990 yapfuye azize ibikomere by’amasa...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bwana Felix Tshisekedi ari mu rindi hurizo ry’uburyo yacururutsa abamufashije gusenya ishyaka rya Kabila, ubu batishimiye ko batagaragaye mu myanya ikome...
Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu. Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021. Aba...
Nyuma y’uko hasohotse inyandiko irimo ibyo abanyamateka b’Abafaransa batangaje ko birimo kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi, Jenoside ubwayo na nyuma yayo...
Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyira...
Nyuma y’uko atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu wa USA aheruka, ndetse akirukanwa burundu kuri Twitter, Bwana Donald J Trump yatangije Ibiro Bye bizajya bikurikirana umurage yasize akiri Perezida wa ...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...









