Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Umugabo witwa NSENGIYUMVA FRANCOIS w’imyaka 44 uzwi nka GISUPUSUPU akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 n’icyaha cyo GUKORESHA UMWANA IMIRIMO...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Theophille, nyuma yo kumusangana amafaranga yibwe umucuruzi. Yafashwe mu iperereza ry...
Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bana biga mu Rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys ruri i Rwamagana ubwo bari basuwe n’ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB. Ku wa Gatanu ...
Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa, RCS, rwatangaje ko ruheruka kwimura Paul Rusesabagina mu cyumba bwite yari afungiwemo, ashyirwa hamwe n’izindi mfungwa ndetse ubu afata amafunguro nk’ay’abandi. ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko ibyaha Karasira Aimable uheruka gutabwa muri yombi akekwaho hiyongereyemo icyo kudasobanura inkomoko y’umutungo, nacyo akaba agomba kukiregwa muri dosiye igiye...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Karasira Aimable akurikiranyweho ibyaha byo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, guha ishingiro jenoside n’icyaha cyo gukur...
Umucamanza witwa Nyaminani yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ruswa. Hari hashize igihe gito Urukiko rw’Ikirenga rumukuyeho ubudahangarwa. Amakuru Taarifa yameny...
Madamu Isabelle Kalihangabo, akaba ari Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha yaganirije abanyeshuri bo muri Lycée de Kigali abagira inama zo kwirinda ibyaha birimo no kuba basambany...
Umugenzacyaha wo mu Karere ka Rusizi yaraye atawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa ya Frw 300 000. Umugabo wafashwe yari akuriye Ubugenzacyaha mu Karere akaba yitwa Jules. Ku rubuga rwa Twitte...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...







