Atangiza ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko uko Abanyarwanda bari biteze umwaka wa 2020 atari ko bawubonye kandi ngo ni ibisanzwe kuko ntawe umenya ibizaza uko bizagenda. Mu bintu yagarutseho harim...
Kuri uyu wa Mbere tariki 21, Ukuboza, 2020 Perezida Kagame arabwira Abanyarwanda ijambo rikubiyemo iby’ingenzi byaranze umwaka wa 2020 n’icyo abifuriza mu mwaka ukurikiyeho. Umwaka wa 2020 ntiwagendek...
Umwana w’Umunyarwanda witwa Aimable Nshuti yatwaye umudari wa Bronze mu mikino yo kwiyereka(KATA) y’abana bakina Karate batarengeje imyaka 14 y’amavuko. Umudari wa Bronze uhabwa umukinnyi wese wabaye ...
Perezida Paul Kagame yifurije Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza. Perezida Kaboré yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 n...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania. ...
Ikigo cya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, KOICA, cyahaye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu inkunga ya Miliyoni $8 zo gufasha abatuye Karongi, Rutsiro, Nyamagabe, Nyaruguru na Kayonza...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko muri Zambia kuva ejo kuwa Mbere tariki ya 14 Ukuboza, 2020. Yaraye asuye ishuri rikuru rya Polisi ya Zambia riri i Kinfins...
Ibaruwa yanditswe n’ubuyobozi bwa RURA bukiyoborwa na Lt Col Patrick Nyirishema ifite Ref, 1200 DG/LRA/ENF/RURA/020 yo ku itariki 03, Ukuboza, 2020 isaba Airtel gukuraho itangazo ryayo ryamamaza ibyo...
Robert K. Segei uyobora Uruganda nyarwanda rukora sima ( CIMERWA) avuga ko n’ubwo uruganda ayoboye rwahuye n’ibibazo by’ubukungu nk’ahandi hose, ariko rutahombye. Avuga ko bungutse Miliyari 1.9 Frw ...
Ku Cyumweru taliki 13, Ukuboza, 2020 Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yahuye na mugenzi we uyobora ingabo za Qatar, Lieutenant General Ghanem bin Shaheen al-Ghanem bagirana ibiganiro....









