Ndoli Didas ushinzwe iby’ikoranabuhanga muri MTN Rwanda yatangaje ko umuhigo ikigo akorera cyari kimaze igihe cyari ihaye, cyawesheje kuko cyatangije murandasi y’igisekuru cya gatanu, bita 5G. Hari mu...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ruva mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho ibihugu biwugize birimo DRC birwitambitse ntirwemererwe kuwuyobora bigizwemo uruhare na DRC. Uwo mwanzuro wafashwe nyuma y’...
Abashoramari bo muri Israel bakorera mu Rwanda baganiriye n’ubuyobozi bwa RDB uko barushaho kurushoramo. Hari mu kiganiro bagiranye ngo barebe ahandi abo banyemari bashora harimo mu ikoranabuhan...
Leta y’u Rwanda itangaza ko mu rwego rwo gufasha ababyeyi kugabanya ibituma abana babo bagwingira, hagiye gutangira gahunda yo guha abana ifu y’ifi izaminjirwa mu ifunguro. Ni ubundi buryo bw’inyungan...
Kimwe mu byemerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Paul Kagame ari gukorera muri Algeria ni uko u Rwanda rugiye kuhafungura Ambasade. Algeria ni igihugu cyo mu Majyaruguru ya Afurika. Per...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaganiriye n’Umuyobozi mu Busuwisi ushinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga witwa Amb. Philipp Stalder, b...
Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Olivier Patrick Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Rwanda ari i Brussels mu Bubiligi mu nama ihuza abashinzwe ububanyi n’amahanga muri Afurika na bagenzi babo bo mu Burayi. ...
Kuri uyu wa Kabiri Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vital Kamerthe yavuze ko Abadepite bagba gusesengura ingingo zose zikubiye mu masezerano y’amah...









