Mu Mirenge ya Karangazi na Nyagatare mu Karere ka Nyagatare haravugwa amakenga y’abaturage basigaye birinda kurya Burushete banga ko bagaburirwa iz’imbwa. Ubwo bwoba babushingira ku makuru...
Mu buryo busa n’ubwatunguye benshi, mu Rwanda haraye hamuritswe intwaro zihakorerwa. Ni ubwa mbere byari bigaragaye kuko abenshi bari bazi ko izikoreshwa n’inzego z’umutekano z’u Rwanda zose zivanwa m...
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kugenzura ubukene n’uburenganzira bwa muntu witwa Olivier De Schutter ari mu Rwanda mu nshingano zo kugenzura uko ubukene buhagaze mu baturage. Ku ru...
Umuhuza wagenwe na Afurika yunze ubumwe, Faure Gnassingbé, yaganiriye n’abamufasha muri uyu murimo ngo harebwe uko ibyaganiririwe i Nairobi mu rwego rwa EAC byahuzwa n’ibyo muri SADC byaganiririwe mu ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Irere Claudette aherutse kunenga ko abana 22,000 bo mu Ntara y’Amajyaruguru bataye ishuri mu mwaka wa 2024/2025, akemeza ko bakwiye kurigarurwamo. Mu n...
Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) Dr. Justin Nsengiyumva avuga ko hakenewe gukorwa ubushakashatsi mu bukungu kugira ngo gahunda yo guhererekanya amafaranga no kwishyurana hakoreshej...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurasaba Abanyarwanda bajya gusenga kujya bitwararika Telefone zabo kuko hari abazihibirwa. Umuvugizi w’uru rwego, Thierry B. Murangira, yabivu...
Umuyobozi muri RDB ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva aherutse Abadepite ko kubaka uruganda rwo gutunganyirizamo urumogi rwo gukoresha mu buvuzi bigeze kure. Avuga ko imirimo isigaye irimo kub...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...









