Botswana yohereje abasirikare 296 muri Mozambique, nk’itsinda ry’ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado. Ni ubw...
Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryan...
Mu gihe ibihugu biherereye mu Majyepfo y’Afurika bigize Umuryango w’ubufatanye The Southern African Development Community (SADC) byari bikiganira ngo byemeze igihugu kizayobora umutwe w’ingabo z’uriy...


