Ingabire Paula uyobora Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko ikoreshwa rya murandasi mu Rwanda rimaze gukataza kuko 60.6% by’Abanyarwanda bayikoresha. Mu mwaka wa 2011 bari 7% , bivuze...
Umuryango nyarwanda ugamije kurwanya indwara zitandura Rwanda NCD Alliance uherutse gukora ubushakashatsi bwaweretse ko kunywa inzoga n’itabi bikiri ikibazo ku buzima bw’Abanyarwanda. Ubu bushakashats...
Mu biganiro abakora ubushakashatsi ku mateka y’u Rwanda baraye bagiranye na Sena, haganiriwe ko n’ubwo ubushobozi n’ubumenyi ku bushakashatsi bihari ku rwego runini, ikibazo kikibangamiye ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, bufatanyije n’abafatanyabikorwa bako, burateganya ko mu gihe kiri imbere hazubakwa ikigo kizajya gukusanyirizwamo amakuru ku buzima bw’igihingwa cy’umwumbati. Ruhango ...
Ni ibitanganzwa n’Inteko y’Umuco. Intiti zayo zivuga ko iyi Nteko imaze kubarura ahantu ndangamurage hasaga 500, habumbatiye amateka yo hambere. Kuhabarura biri mu rwego rwo gukomeza kuhabungabunga k...
Ubushakashatsi buherutse gutanganzwa n’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Rwanda Governance Board, buvuga uko Abanyarwanda bahabwa n’uko bakira serivisi, buvuga ko icyo bishimira kurusha ibindi kugeza u...
Imibare y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima ivuga ko mu mwaka wa 2021 hari ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko 92% by’Abanyarwanda bisuzumisha amenyo ariko abababaza. Iryinyo rirakomera kubera ko r...
Raporo y’abahanga mu micungire y’amashyamba basanzwe bakorera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, yiswe The State of World’s Forests 2022 ivuga ko u Rwanda ruri mu bihugu ...
Abakozi bo mu Kigo kitegamiye kuri Leta kitwa ActionAid bavuga ko mu bushakashatsi bakoze mu bihe COVID-19 yabicaga bigacika mu Rwanda, basanze hari abantu bahejwe biganjemo abageze mu zabukuru. Impa...
Muri Mutarama, 2022, abatuye u Rwanda bari abantu Miliyoni 13.44. Abenshi ni ab’igitsina gore kuko bangana na 50.8% mu gihe ab’igitsina gabo ari 49.2%. Mu ntangiriro z’uyu mwaka kandi Abanyarwanda ban...









