Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni Mini golf, E-road biking, Basketballl 3×3 n’uwo bita Road...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma ...
Mu rwego rwo kwagura ibikorwa remezo mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bwawo bwatangije icyiciro cya kabiri cyo kuwubakamo imihanda. Igiye kubakwa ubu ingana na Kilometero 70. Umushinga wose uteganya ko h...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza, Madamu Martine Urujeni yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Nyabisindu I barimo n’abakora uburaya ko Imana ishobora kubafasha k...
Hagiye gushira amezi atatu hari ibice by’Umujyi wa Muhanga bitamurikirwa n’amatara kubera ko nta mashanyarazi ayabamo. Ibice bitamurikirwa ni iby’ahitwa mu Kibiligi, Ruvumera n’aho bita mu Giperefe. A...
Mu rwego rwo kwagura Stade Amahoro no gutunganya aho iherereye, hari gahunda y’uko inyubako isanzwe ikoreramo ikicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali ( Central region) zizasenywa ndetse n’ahari ibitaro ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buteganya kuzajya bwunganira abaturage bagiye kwiyubakira umuhanda muri karitsiye yabo. Ni mu kiganiro yahaye aban...
Dr Didas Kayihura Muganga wari usanzwe ari Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda. Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Dr...
Umwe mu mishinga igamije kuzamura imibereho myiza y’abatuye Umujyi wa Kigali ni uwa Miliyoni Frw 727 zo kubaka ahantu hameze neza abazunguzayi bazacururiza. Icyakora hari ahigeze kubakwa hirya no hino...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yabwiye abari bitabiriye Inteko rusange y’Umujyi wa Kigali ko mu rwego rwo kuba intangarugero aho bayobora, bagomba kwirinda ko mu ngo za...









