Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Martine Urujeni yakoranyije Inama yitabiriwe n’abakora mu nzego z’uburezi n’abandi bashinzwe imibereho myiza y’abatur...
Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze kubarurirwa muri 920, abandi benshi bakameretse ndetse n’ingingo z’imib...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko mu gihe cya CHOGM nta bikorwa by’ubucuuruzi bizafunga ahubwo ngo abaturage bakomeze gukora ariko banoze kandi batange serivisi neza. Kuri uyu wa...
Mu Karere ka Nyarugenge ahitwa mu Biryogo ku muhanda KN113 St Umujyi wa Kigali wahashyize umuhanda mugari kandi ukozwe neza uriho ibishushanyo ugenewe abana. Ni ahantu hakomye ibinyabiziga byose bitem...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yanditse kuri Twitter ko umuganda rusange ari igikorwa Abanyarwanda batekereje kandi bagishyira mu bikorwa hagamijwe gushakira ibisubizo ibibazo bibareba. Ya...
Nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora u Rwanda, Perezida Kagame wa Zambia Hakainde Hichilema yamutembereje mu busitani bw’Ibiro bye. Ni ubusitani bugari burimo ibiti n’inyamaswa nk’imparag...
Madamu Martine Urujeni niwe utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage. Asimbuye kuri uyu mwanya Madamu Nadine Gatsinzi. Urujeni Martine yaban...
Kuri uyu wa Mbere Taarifa yasanze hari abakozi b’Urwego rwunganira mu by’umutekano w’Akarere,DASSO, bari gukura Kiosque ya MTN hamwe muho yari imaze igihe. Umwe mubafite Kiosque wimuwe aho yakoreraga ...
Mu gihe u Rwanda rwatangije ubukangurambaga mu uguhera abana ifunguro ku ishuri mu gikorwa cyabereye mu Kagari ka Ayabaraya mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, Taarifa yabonye ko uretse no ku...
Abatuye Umujyi wa Kigali bari babwiwe ko kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Gashyantare, 2022 bagomba kuzindukira mu muganda rusange. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu bwat...









