Hakainde Hichilema wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi yatorewe kuyobora Zambia mu myaka itanu iri imbere, atsinze Edgar Lungu wari ku butegetsi guhera mu 2015. Mu majwi yatangajwe mu rukerera r...
Imibare iri gutangazwa na Komisiyo y’amatora muri Zambia irerekana ko Bwana Hakainde Hichilema ari we uri imbere mu majwi amaze kubarurwa kugeza ubu. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu abatuye kiriya g...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi muri Zambia ryitwa The Patriotic Front rivuga ko abayobozi babiri baryo bakuru barimo Jackson Kungo na Emmanuel Chihili bishwe. Bishwe kuri ...
Jean Paul Kimonyo wigeze kuba umujyanama wa Perezida Paul Kagame yagizwe umuyobozi w’Ikigo Levy Mwanawasa Regional Centre for Democracy and Good Governance gikorera i Lusaka muri Zambia. Ni ikigo gish...
Umukambwe Kenneth David Kaunda wigeze kuyobora Zambia yajyanywe mu bitaro by’i Lusaka ikubagahu kubera indwara itatangajwe. Kaunda afite imyaka 97 y’amavuko, akaba afatwa nk’umwe mu bantu baharaniye k...
RwandAir yatangaje ko igiye gusubukura ingendo zigana i Lusaka muri Zambia na Johannesburg muri Afurika y’Epfo, zaherukaga guhagarikwa kubera ubwoko bushya bwa Coronavirus bwagaragaye muri ibyo gihugu...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasinyishije rutahizamu mushya witwa Mombote Batshi Assis. Uyu mukinnyi yari asanzwe akinira ikipe yitwa Lusaka FC yo muri Zambia. Ku rubuga rwa Twitter rwa Rayon Sports ba...
Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko muri Zambia kuva ejo kuwa Mbere tariki ya 14 Ukuboza, 2020. Yaraye asuye ishuri rikuru rya Polisi ya Zambia riri i Kinfins...








